
Isiganwa mpuzamahanga ry’imodoka risanzwe ribera mu Rwanda “Rwanda Mountain Gorilla Rally” uyu mwaka wa 2019 biteganyijwe ko rizaba kuva tariki 04 kugeza 06 Ukwakira 2019. Iri rushanwa rigiye kuba ku nshuro ya 19, Giancarlo Davite ukomoka mu Bubiligi akaba akina nk’umunyarwanda azaryitabira. Uyu mugabo akaba ari nawe wegukanye irushanwa riheruka rya 2018. Giancarlo Davite azahuriramo…